Tuesday, March 5, 2013

Aho kuba umufana wa Justin Bieber nakubika umutwe mu musarane umunsi wose -Joe Barton

Aya ni amagambo y’umukinnyi Joseph Barton ukinira Ubwongereza na Olympique de Marseille yo mu Bufaransa ku rubuga rwa twitter aho yavuze ko aho kuba umufana wa Justin Bieber yakubika umutwe mu musarane umunsi wose.
Ubwo uyu musore ejo yuzuzaga abantu miliyoni 2, zimukurikira kuri twitter ye byaramushimishije. Hashize akanya umufana umwe aza kumubwira ko ari umwana cyane kuri Justin Bieber kuko we afite abakunzi miliyoni 35 zimukurikira.
oya ma by meddy
Raila Odinga ni aba Perezida wa Kenya indaya zemeye kuzaryamana n’abagabo bose ku buntu

Indaya zo muri Kenya ahitwa Kisumu zemeye ko zizaryamana n’umugabo wese uzabyifuza ku buntu mu gihe Laila Odinga azabasha kwegukana intsinzi mu matora ya perezida wa Kenya.
Ni nyuma y’indaya zo muri Nijeriya zemereye abagabo kuryamana nabo ku buntu ubwo ikipe ya Nigeria yari kuba itwaye igikombe cya AFCON, izo muri Kenya nazo zabyiyemeje. Izo muri Nijeriya nyuma y’uko ikipe yabo ibona intsinzi zatangiye ubuntu nk’uko zari zabisezeranyije abagabo bo muri iki gihugu.
Kenyan ost dukesha iyi nkuru, yatangaje ko izi ndaya zifite page kuri facebook yitwa Nairobi exposed aho zanyujije itangazo rivuga ko mu gihe bazaha Odinga amahirwe yo kuyobora Kenya umugabo wese azaryamana n’umugore wicuruza ku buntu.
Abantu babonye ubu butumwa batunguwe n’aya magambo indaya zanditse dore ko uyu muco uteri umenyerewe muri Kenya.
Banditse agira bati: “Indaya zo muri Kisumu zemeye kuzatanga igitsina ku buntu Laila Odinga ni atorwa. Bizaba ari byiza ku nshuro ya mbere , ni ubuntu. Abagabo nimumushyigikire atorwe tuzabitunganya ku buntu.”
.Raila Odinga ni aba Perezida wa Kenya indaya zemeye kuzaryamana n’abagabo bose ku buntu


Indaya zo muri Kenya ahitwa Kisumu zemeye ko zizaryamana n’umugabo wese uzabyifuza ku buntu mu gihe Laila Odinga azabasha kwegukana intsinzi mu matora ya perezida wa Kenya.
Ni nyuma y’indaya zo muri Nijeriya zemereye abagabo kuryamana nabo ku buntu ubwo ikipe ya Nigeria yari kuba itwaye igikombe cya AFCON, izo muri Kenya nazo zabyiyemeje. Izo muri Nijeriya nyuma y’uko ikipe yabo ibona intsinzi zatangiye ubuntu nk’uko zari zabisezeranyije abagabo bo muri iki gihugu.
Kenyan ost dukesha iyi nkuru, yatangaje ko izi ndaya zifite page kuri facebook yitwa Nairobi exposed aho zanyujije itangazo rivuga ko mu gihe bazaha Odinga amahirwe yo kuyobora Kenya umugabo wese azaryamana n’umugore wicuruza ku buntu.
Abantu babonye ubu butumwa batunguwe n’aya magambo indaya zanditse dore ko uyu muco uteri umenyerewe muri Kenya
Banditse agira bati: “Indaya zo muri Kisumu zemeye kuzatanga igitsina ku buntu Laila Odinga ni atorwa. Bizaba ari byiza ku nshuro ya mbere , ni ubuntu. Abagabo nimumushyigikire atorwe tuzabitunganya ku buntu.”
Nick Breezy yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye Wowe-VIDEO

Umuraperi Nick Breezy afatanije na O’Clock bamaze gushyira ahagaragara amashusho y’indirimbo Wowe yatunganyijwe na Producer Arnord Mugisha.
Mu mashusho y’iyi ndirimbo hakaba hagaragaramo umuraperi muto Babou ndetse n’umushyushyarugamba Mc P n’uwigeze kuba umukunzi we mu minsi ishize umudagekazi Nina Meir kuri ubu ufite akazi mu ikipe y’umupira w’amaguru ya Musanze FC nk’umuganga w’abakinnyi.
Nick Breezy akaba yadutangarije ko kubera uburyo yarasanzwe abona Mc P n’umukunzi we babanye mu buzima bw’urukundo yabasabye ko bamufasha gukina mu mashusho y’iyi ndirimbo.Hari mu mpera z’umwaka ushize mu gihe bari bakibanye nk’abakunzi ndetse nabo barabimwemerera gusa iyi  video ikaba yagiye hanze isanga aba bombi baramaze gutandukana.
Mu kiganiro na Nick Brezzy yadutangarije ko uyu mwaka yifuza kongera ingufu mu gukora indirimbo ze z’amashusho kuburyo ateganya kumurika album igizwe n’indirimbo z’amashusho mu mpera z’uyu mwaka.